Kuri uyu wa gatandatu w’icyumweru twaraye dusoje, mu murwa mu kuru Kinshasa hari imyigaragambyo ikomeye ,byabaye ngombwa ko yivangwamo n’igipolisi n’igisirikare by’igihugu birangira abagera kuri...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko iri mu biganiro n’ubuyobozi bw’ingabo za Loni ziri muri icyo gihugu (MONUSCO) ku buryo gahunda yo kuzivana muri icyo gihugu...
Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje ko bimwe mu byavugiwe kuri televiziyo y’u Rwanda bishinja ingabo z’u Burundi ziri mu ntara ya Kivu ya ruguru muri DR Congo “gutoza” no “guha intwaro” imitwe...
Perezida wa Musanze FC, Tuyishimire Placide ’Trump’, yigambye ko ari we wavukije Kiyovu Sports igikombe cya shampiyona; nyuma y’uko iyi kipe itsinzwe na Sunrise FC kuri iki cyumweru.
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Fransisiko kuri iki cyumweru yahamagariye impande zirwana muri Sudani kurambika intwaro hasi zikayoboka inzira y’amahoro. Yagaragaje ko ababajwe n’imvururu...
Perezida Joe Biden wa leta zunze ubumwe z’Amerika yabonanye kuri iki cyumweru na Ministri w’Intebe w’Ubuyapani Fumio Kishida na perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Suk Yeol.
Ikipe y’umukino wa Basketball mu Rwanda RED BBC yari ihagarariye igihugu mu irushanwa rya BAL birangiye isezerewe n’igihangange muri uyu mukino Al Ahly yo mu Misiri.