skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

RDC:Inyeshyamba za Mai Mai zirashinjwa kwica abakozi bane ba Pariki

Igitero ku modoka za Pariki ya Virunga, cyaguyemo abantu bane, birakekwa ko cyakozwe n’umutwe wa Mai Mai.
19 May 2023 Yasuwe: 404 0

U Burusiya bugiye kuzana umushinga wo gukorera indege z’intambara muri Uganda

Guverinoma y’u Burusiya yatangaje ko iteganya kugira Uganda icyanya ikoreramo ibikoresho bya gisirikare, kubivugurura no kubisana.
19 May 2023 Yasuwe: 1325 0

Kenya: Habonetse umubyeyi wabashije gucika idini ryo kwiyicisha inzara akarokora abana be

Salema Masha avuga buhoro, ariko imbere muri we hari imbaraga zatumye abasha kurokora ubuzima bw’abana be batanu.
19 May 2023 Yasuwe: 1446 0

Al-Qaeda yarekuye Umunya-Australia yari imaze imyaka 7 ishimuse

Muganga w’Umunya-Australia wari umaze imyaka irenga irindwi ari mu maboko y’intagondwa za al-Qaeda muri Afurika y’uburengerazuba zaramushimuse, zamurekuye.
19 May 2023 Yasuwe: 814 0

Kenya irabarura abagera kuri 235 bishwe n’inzara bakorera kujya mu Ijuru

Inzego z’umutekano n’iz’ubuzima muri Kenya zatangaje ko umubare w’abakirisitu bishwe n’inzara nyuma y’inyigisho bahabwaga ngo bazagere mu ijuru, umaze kugera kuri 235.
19 May 2023 Yasuwe: 488 0

RDC : Abanyarwanda barashinjwa guteza ibiza byishe abarenga 400 muri Kalehe

Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo irashinja impunzi z’Abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu guteza ibiza biherutse kwica abantu barenga 400 muri teritwari ya Kalehe, intara ya Kivu...
19 May 2023 Yasuwe: 1585 0

DRC: Maj Gen Muthuri Kiugu wasimbuye Jeff Nyagah ku buyobozi bwa EACRF yatangiye imirimo

Umugaba mushya w’ingabo z’umuryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba (EAC) zoherejwe muri DR Congo yatangiye imirimo ye kuwa kane i Goma ku cyicaro cy’izo ngabo.
19 May 2023 Yasuwe: 722 0

Sunrise FC yatemberejwe ibyiza bya Nyagatare, yemererwa akayabo ngo izatsinde Kiyovu Sports

Ikipe ya Sunrise FC, kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Gicurasi 2023, yatemberejwe bimwe mu bice nyaburanga bigize Akarere ka Nyagatare mbere y’umukino ukomeye ifitanye na Kiyovu Sports.
19 May 2023 Yasuwe: 786 0

Amerika iratangaza ingamba nshya zo kubangamira Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo...
19 May 2023 Yasuwe: 639 0

Kenya:Itsinda rivuga ko risenga ryagiye guhanurira Perezida Ruto aryerekeza muri gereza

Umuvugabutumwa n’abayoboke b’itorero rimwe ryo muri Kenya, bafashe urugendo berecyeza kwa Perezida wa Repubulika iwe mu rugo bagiye kumuhanurira, ariko ibyabo birangira uko batabyifuzaga, kuko...
18 May 2023 Yasuwe: 1283 1