Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku mugabane wa Afurika (CAF), yamenyesheje u Rwanda ko Ikipe y’Igihugu Amavubi yamaze guterwa mpaga na Bénin nyuma yo gukinisha umukinnyi wari utemerewe...
Inter Milan yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League nyuma yo gusezerera mugezi wayo, Milan AC na yo yo mu Butaliyani, iyitsinze igitego 1-0 (3-0) muri ½.
Mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Africa ku nkombe z’inyanja ya Atlantika, Ubutayu bwa Namib ni hamwe mu hantu humagaye cyane kurusha ahandi ku isi.
Inteko ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nanone yongereye igihe ubutegetsi bwa gisirikare bumaze imyaka ibiri mu ntara za Kivu ya Ruguru na Ituri mu burasirazuba bw’igihugu.
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, Niyonkuru Zephanie, yahishuye ko kwakira inama za siporo ziri ku rwego rw’iya 73 ya FIFA iheruka kubera i Kigali muri Werurwe, byinjiriza u Rwanda...
Rutahizamu w’ikipe ya Sunrise FC, Babuwa Samson, yahaye ikaze mugenzi we ukina muri Kiyovu Sports, Serumogo Ally kuri Stade ya Nyagatare yiswe Golgota, amwibutsa ko hazaba hari ubushyuhe bwinshi.
Abantu nibura 20 baburiwe irengero muri Malawi nyuma yuko ubwato bubaje mu giti bagendagamo bukubiswe n’imvubu bukibirandura mu mazi y’umugezi wa Shire mu karere ka Nsanje ko mu majyepfo y’igihugu.