Perezida wa Kenya, William Ruto, yavuze ko kuba amaze iminsi bigaragara ko yatakaje ibiro byatewe n’amahitamo yagize yo kunanuka nyuma yo kubona ko yavuye mu bikorwa byo kwiyamamaza yarabyibushye...
Umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Turukiya Kemal Kilicdaroglu yavuze ko atamagana ibyavuye mu matora by’ibanze, ariko nta makuru arambuye yavuze ku byavuye mu matora cyangwa ngo avuge ko...
Muri Ecole des Sciences de Musanze haravugwa urupfu rw’umunyeshuli w’umukobwa wigaga mu mwaka wambere w’amashuri yisumbuye S1 wapfuye kuwa gatandatu taliki 13/5/2023.
Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine, yabonanye n’abategetsi b’Ubudage i Berlin mu murwa mukuru nyuma gato y’uko Ubudage butangaje inkunga ya miliyari eshatu z’amadolari y’Amerika bwageneye...
Ubuyobozi bw’Intara ya Kwango muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwategetse ko abaturage bose bagomba kuba bari mu ngo zabo hagati ya saa 20h00 na 6h00 za mugitondo, kubera ubwicanyi...