Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, ryafashe ingamba zishobora gutuma ruswa ihwihwiswa muri iyi siporo mu Rwanda, by’umwihariko mu cyiciro cya mbere iba amateka.
Gatabazi Jean Marie Vianney wabaye Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yasabiye umufasha wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, umugisha ku munsi mpuzamahanga w’ababyeyi b’abagore.
Perezida wa Al-Hilal yo muri Arabie Saoudite, Fahd Bin Nafel, yanze kugira icyo atangaza ubwo yabazwaga niba ikipe ye iri mu biganiro na Lionel Messi umaze iminsi ayivugwamo.
Abakandida bo mu ishyaka ry’abarepubulikani biyamamaza mu matora yo muri Amerika bakomeje kureshya abazabajya inyuma mu matora ateganijwe umwaka utaha.
Muri Congres yabaye, abanyamuryango ba Democratic Green Party of Rwanda bongeye gutora Hon Dr. Frank Habineza ngo ayobore iri Shyaka mu gihe cy’indi myaka 5 iri imbere!
Dr Frank Habineza yongeye gutorerwa kuzahagarira ishyaka rye DGPR (Democratic Green Party of Rwanda), mu matoro y’umukuru w’igihugu ateganijwe mu mwaka utaha wa 2024.