skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

FIFA yafashe ingamba zishobora guhangamura ruswa ihwihwiswa muri ruhago y’u Rwanda

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, ryafashe ingamba zishobora gutuma ruswa ihwihwiswa muri iyi siporo mu Rwanda, by’umwihariko mu cyiciro cya mbere iba amateka.
14 May 2023 Yasuwe: 1961 0

Abasirikare bakuru babiri b’u Burusiya biciwe muri Ukraine

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yemeje ko mu ntambara bakomeje kurwana na Ukraine, abasirikare babiri bakuru mu bari bayoboye urugamba bishwe.
14 May 2023 Yasuwe: 1195 0

Madame Jeannette Kagame yasabiwe umugisha n’uwahoze ari Minisitiri

Gatabazi Jean Marie Vianney wabaye Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yasabiye umufasha wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, umugisha ku munsi mpuzamahanga w’ababyeyi b’abagore.
14 May 2023 Yasuwe: 1330 0

Burundi: Bahangayikishijwe n’abana b’abakobwa bari gucuruzwa ku bwinshi

Mu gihe abatuye isi bakangurirwa, kurwanya icuruzwa ry’abantu by’umwihariko abana b’abakobwa,hari ibihugu bimwe na bimwe bikomeje kurangwamo ibyo bikorwa by’umwihariko igihugu cy’ubundi kikaba...
13 May 2023 Yasuwe: 1723 0

Perezida wa Al-Hilal yaryumyeho ubwo yabazwaga niba azagura Messi

Perezida wa Al-Hilal yo muri Arabie Saoudite, Fahd Bin Nafel, yanze kugira icyo atangaza ubwo yabazwaga niba ikipe ye iri mu biganiro na Lionel Messi umaze iminsi ayivugwamo.
13 May 2023 Yasuwe: 588 0

Rayon sports igeze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro yaherukagayo 2018

Rayon Sports igeze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro isezereye Mukura VS ku bitego 4-3 mu mikino yombi (2-3, 1-1).
13 May 2023 Yasuwe: 1943 0

USA: Abakandida bo mu Ishyaka ry’Abarepubulikani Bakomeje Kureshya Abazabajya Inyuma mu Matora

Abakandida bo mu ishyaka ry’abarepubulikani biyamamaza mu matora yo muri Amerika bakomeje kureshya abazabajya inyuma mu matora ateganijwe umwaka utaha.
13 May 2023 Yasuwe: 1252 0

Green Party yahinduye ingingo mu itegeko ryagenaga umubare wa manda

Muri Congres yabaye, abanyamuryango ba Democratic Green Party of Rwanda bongeye gutora Hon Dr. Frank Habineza ngo ayobore iri Shyaka mu gihe cy’indi myaka 5 iri imbere!
13 May 2023 Yasuwe: 1009 0

Dr Frank Habineza Azongera yiyamamaze ku myanya wa Perezida wa Repuburika

Dr Frank Habineza yongeye gutorerwa kuzahagarira ishyaka rye DGPR (Democratic Green Party of Rwanda), mu matoro y’umukuru w’igihugu ateganijwe mu mwaka utaha wa 2024.
13 May 2023 Yasuwe: 870 0

Abantu 12 bakomeretse ubwo babyiganaga bashaga kureba Perezida Kagame

Umujyi wa Kigali watangaje ko abantu 12 bakomeretse ubwo bahanukaga ku igorofa rya kabiri ahazwi nko ku Mashyirahamwe i Nyabugogo, bashaka kureba Umukuru w’Igihugu kugira ngo bamusuhuze.
13 May 2023 Yasuwe: 1530 0