Byari ibirori bikomeye n’imyiyereko yitondewe mu Murwa Mukuru w’u Burusiya, Moscow, ubwo kuri uyu wa Kabiri habaga akarasisi kazwi nka Victory Day Parade, kuri Red Square.
Urukiko rushinzwe gukemura Impaka mu matora ya Perezida muri Nigeria, ku wa Mbere rwatangiye kumva ubujurire bw’abakandida bari bahanganye na Bola Tinubu watangajwe nka Perezida mushya w’icyo gihugu.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, umuvugizi wa Kremlin, Dmitry Peskov, yatangarije abanyamakuru ko abayobozi bazifatanya na Putin mu “ifunguro rya mu gitondo ridasanzwe,”
Kuri uyu wa Kabiri, u Bushinwa bwirukanye umudipolomate w’Umunyakanada wakoreraga muri Shanghai mu rwego rwo kwihimura nyuma y’uko Canada na yo ihambirije umudipolomate w’Umushinwa ukorera mu mujyi...
Urukiko rukuru muri Malawi rwategetse abashinzwe uburezi kureka abanyeshuri bafite ibisage (dreadlocks) bakiga nta nkomyi mu mashuri ya leta mu gihugu.