Amakuru ava mu Burundi aremeza ko Jenerari Alain Guillaume Bunyoni yagejejwe uyu munsi imbere y’umucamanza mu kuru i Bujumbura ngo akurikiranyweho ibyaha ashinjwa.
Umuganga uvuga rikumvikana muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, Dr Denis Mukwege, arasaba ko abishwe n’ibiza muri teritwari ya Kalehe baherutse gushyingurwa mu buryo bwa rusange batabururwa,...
Kuri uyu wambere tariki ya 8 Gicurasi 2023, mu rukiko rwa Gasabo harabera iburanisha ry’abagize uruhare mu kubaka umudugudu wo kwa Dubai bivugwa ko wubatswe nabi byashyirza mu kaga abawutuyemo.
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yabwiye France24 ko batazemera RDC n’u Rwanda bigera aho...