Inzego zitandukanye zo mu murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke zikomeje gushakisha umuturage wagwiriwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro, iminsi ikaba ibaye ibiri.
Umuvugabutumwa wo muri Kenya yatumijwe na polisi, mu gihe leta irimo guhashya ayo yita amatorero y’ububeshyi ndetse n’abakuru b’amadini b’abahezanguni.
Philippe Hategekimana wahoze ari umujandarume mu Rwanda ku wa gatatu yatangiye kuburanishwa mu rukiko rw’i Paris mu Bufaransa ashinjwa ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byigenga byo mu Burusiya aravuga ko umuntu utazwi yinjiye mu kibuga cy’indege za gisirikare z’u Burusiya maze atwika indege yo mu bwoko bwa supersonic (igendera...
Nyuma y’umukino waranzwe n’amahane menshi, APR FC yanganyijemo na Kiyovu Sports igitego 1-1, Umutoza w’Ikipe y’Ingabo, Ben Moussa yatangaje ko uyu mwaka ikipe ye iri kurenganywa n’abasifuzi cyane.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko kugeza muri Mata 2024 nta muntu uzaba akibarurwa mu batuye mu manegeka mu Mirenge ya Muhima, Gitega, Rwezamenyo na Kimisagara, binyuze muri gahunda...
Umukino ubanza wa ½ cy’Igikombe cy’Amahoro wahuzaga APR FC na Kiyovu Sports, urangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. Biteganyijwe ko uwo kwishyura uzabera kuri Kigali Pelé Stadium ku Cyumweru,...