Abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) bemeje ko Habyarimana Marcel ’Matiku’ akomeza kuyobora iri Shyirahamwe mu nzibacyuho.
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) zahuriye mu nama yo gucyura ku bushake impunzi z’Abanyarwanda n’Abanyekongo zikiri mu bihugu byombi.
Mu gusoza shampiyona y’abagore y’Icyiciro cya Kabiri cy’umupira w’amaguru mu Rwanda, ikipe ya Rayon Sports Women Football Club yegukanye igikombe cya shampiyona itsinze Indangamirwa Women Football...
Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, yagaragaje impamvu zikomeye zatumye azamura General Francis Omondi Ogolla ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’ingabo kandi ari mu bagerageje kuburizamo intsinzi ye.