Manchester City yageze ku mukino wa nyuma wa Champions League nyuma yo gutsinda isuzuguye Real Madrid ibitego 4-0 mu mukino wo kwishyura wa ½, iyisezerera ku giteranyo cya 5-1.
Umwalimu wo muri Ecole Secondaire Gishoma aravugwa muri dosiye y’urupfu rwa wa mu Polisi wiciwe Rusizi umurambo we mu gitondo bakawutoragura ku muhanda
Impunzi ziba muri Malawi ziravuga ko leta y’icyo gihugu yatangiye gushyira mu bikorwa ikoresheje ingufu icyemezo iherutse gufata kizisaba kuva aho zituye zikajya mu nkambi zagenewe ya Dzaleka.
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat ku bibazo by’umutekano mu karere.
Umukinnyi wo hagati w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi, Bizimana Djihadi, yatandukanye n’ikipe ya KMSK Deinze yo mu Cyiciro cya Kabiri mu Bubiligi.
Dr. Agnes Kalibata Umuhanga akaba n’impuguke mu by’ubuhinzi mu Rwanda kuri ubu uyoboye Umuryango uharanira kurengera ibidukikije muri Afurika AGRA (Alliance for a Green Revolution in Africa)...