Ku wa Kabiri, tariki 16 Gicurasi 2023, ni bwo biteganyijwe ko amakipe arindwi, yiyongera kuri REG BBC iri mu rugo, yabonye amatike yo gukina imikino ya nyuma ya BAL 2023, agera i Kigali.
Dmitry Medvidev wahoze ari Perezidaw’u Burusiya, yandagaje Perezida Emmanuel w’u Bufaransa nyuma yo kuvuga ko u Burusiya bwahindutse nyakamwe kubera gushoza intambara kuri Ukraine.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryateye utwatsi ikirego Umutoza w’Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed yari yarezemo APR FC ko yahagaritswe binyuranyije n’amategeko.
Raporo yashyizwe hanze, igaragaza ko Urwego rushinzwe ubugenzacyaha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) nta bimenyetso rwari rufite bihagije ubwo rwatangizaga iperereza ku ruhare u Burusiya...
Abakozi ba leta muri Kivu y’epfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bavuga ko bahembwa amafaranga make adashobora gukemura ibibazo bafite. Muri ibo, hari abasobanura ko bahitamo gukora muri...
Mu Burundi kuri uyu wa 15 Gicurasi 2023 niho hagombaga gutangira gushyirwa mu bikorwa icyemezo cyafashwe n’ubuyobozi bw’ibihugu bine bihuriye ku kiyaga cya Tanganyika.