Umutoza wa REG BBC, Dean Murray na Kapiteni wayo Shyaka Olivier, batangaje ko nta bwoba bafitiye amakipe bagiye guhurira mu Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2023) ritangira kuri uyu wa...
Itangazo rya Polisi rivuga ko kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Gicurasi, 2023 ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18h00) aribwo kiriya gikorwa cy’ubugizi bwa nabi cyabaye.
Inka zirenga 1000 nizo zimaze kwicwa izindi zirasahurwa n’imitwe yitwaje intwaro muri territoires za Masisi na Rutshuru muri Kivu y’amajyaruguru kuva mu ntangiriro z’uku kwezi kwa 5.
Rwanda rukomeje kuba isoko ryiza kuri banki z’ubucuruzi zikomoka muri Kenya, kurusha ibindi bihugu byo mu karere nkuko byemezwa na raporo nshya ya banki nkuru y’igihugu cya Kenya “CBK”.
Abaturage bo mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi, baje mu Nteko y’Abaturage ari benshi bijejwe ko baza kugaragarizwa abakekwaho kwica Umupolisi uherutse gusangwa ku muhanda yapfuye, ariko...