Mu kiganiro yagiranye na Actu30.cd, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Gicurasi 2023, umuhuzabikorwa wa Sosiyete Sivile Nshya ya Congo (NSCC), Jonas Tshiombela, yahamagariye Guverinoma ya Repubulika...
Kuri uyu wa Kabiri ushize, urugamba rwo mu murwa mukuru wa Sudan, Khartoum, rwaranzwe n’ibitero byinshi by’indege mu gihe ku rundi ruhande hagaragaye ibikorwa by’ubusahuzi ku rundi ruhande Arabia...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko niba nta musaruro ushimishije ingabo z’akarere k’Afurika y’uburasirazuba zigaragaje mu burasirazuba bw’igihugu, zizahava.
Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions yemeye icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, avuga ko yanywaga urumogi ari mu Butaliyani mu gihe gikabakaba imyaka ibiri yamazeyo.
Abakora iperereza muri Kenya bataburuye indi mirambo 21, nyuma yuko bongeye gushakisha abapfuye bo mu itorero rivugwa ko ryasabaga abayoboke kwiyicisha inzara ngo bagere mu ijuru mu buryo bwihuse.