Minisitiri w’Intebe, Dr Édouard Ngirente, ari i Luanda mu murwa mukuru wa Angola aho yitabiriye inama idasanzwe y’inama mpuzamahanga mu Karere k’ibiyaga bigari (ICGLR).
Perezida wa Eritrea, Isaias Afwerki, yatangaje ko intambara u Burusiya buri guhanganamo na Ukraine yaturutse ku bushotoranyi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuko icyo gihugu kidashaka kwemera ko...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, na Guverinoma ya Tanzania byatangaje ko iki gihugu cyabashije guhashya virusi ya Marburg ku buryo itakiharangwa.
Inyuma y’aho kuwa 1 Kamena 2023 ishyaka Sahwanya FRODEBU itangarije ko mu Burundi amashyaka atakibasha guhangana n’ishyaka rya CNDD FDD riri ku butegetsi mu bwisanzure nk’uko biteganwa mu itegeko...
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika akomeje guhangayikira Joe Biden wamusimbuye ku ntebe ya Perezida, nyuma y’uko yituye hasi.