skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Gacinya wamenyekanye ayobora Rayon Sport yakuwe mu bahatanira kuyobora FERWAFA

Gacinya Chance Denis wigeze kuyobora Rayon Sports na Murangwa Eugène Eric wakiniye Amavubi bakuwe ku rutonde rw’abiyamamarizaga kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA.
6 June 2023 Yasuwe: 1169 0

Maj Karangwa ukekwaho uruhare muri Jenoside ntayoherejwe mu Rwanda

Urukiko rw’Ikirenga mu Buholandi kuri uyu wa Kabiri rwanze kohereza mu Rwanda, Major Pierre-Claver Karangwa, ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ngo ahaburanire kuko ngo...
6 June 2023 Yasuwe: 1073 0

Rayon Sport yasinyishije myugariro mushya yakuye muri Gasogi

Myugariro w’ibumoso Bugingo Hakim wakiniraga Gasogi United yasinyiye Ikipe ya Rayon Sports imyaka ibiri.
6 June 2023 Yasuwe: 1425 0

Bamwe mu bakoreye Irondaruhuru Vinicius Junior bafatiwe ibihano

Urwego rushinzwe kurwanya Ihohoterwa mu gihugu cya Espagne, rwafatiye ibihano bikomeye abantu barindwi baherutse gukorera Irondaruhu rutahizamu wa Real Madrid, Vinicius Junior ukomoka muri Brésil.
6 June 2023 Yasuwe: 976 0

Lt Gen Mubarakh Muganga yatangiye inshingano ze nshya nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

Gen Kazura yahererekanyije ububasha na Lt Gen Mubarakh Muganga.
6 June 2023 Yasuwe: 1163 0

Col Godfrey Gasana yazamuwe mu ntera agirwa Brigadier General

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera Col Godfrey Gasana usanzwe ari Umugaba wungirije w’Ingabo zirwanira mu Kirere, amuha ipeti rya Brigadier General.
6 June 2023 Yasuwe: 1771 0

Mike Pence wigeze kungiriza Trump azahangana nawe kuyobora Amerika

Mike Pence wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye gutangaza ku mugaragaro ko yinjiye mu bikorwa byo guhatanira itike y’ishyaka rye ry’aba-Républicains, mu matora ya Perezida...
6 June 2023 Yasuwe: 335 0

Umuhungu wa Gaddafi ufunzwe imyaka 7 ari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara

Umwe mu bahungu bakiriho ba Col Muammar Gaddafi wahoze ategeka Libya arimo kwiyicisha inzara kuva muri weekend ishize aho afungiye muri Liban/Lebanon, nk’uko umunyamategeko we Paul Romanos abivuga.
6 June 2023 Yasuwe: 1137 0

Ukraine yigambye kwirukansa Uburusiya ku rugamba biyigiza imbere

Ingabo za Ukraine zivuga ko zateye intambwe yinjira mu mbibi z’umugi wa Bakhmut usanzwe warigaruriwe n’Uburusiya, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi wungirije uw’igisirikare cya Ukrwaine, Hanna...
6 June 2023 Yasuwe: 1583 0

RDC: ubutasi bwemeye ko bwafunze umujyanama wa Katumbi kubera gutunga imbunda no gukorana n’Urwanda

Ubutasi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ANR) bwatangaje ko Salomon Kalonda buheruka guta muri yombi mu byo azira harimo kuvugana na bamwe mu bayobozi b’u Rwanda, mu mugambi wo...
6 June 2023 Yasuwe: 536 0