Itsinda ry’Abaperezida bo ku Mugabane wa Afurika bagiye guhura na Perezida Vladimir Putin bamusaba kwemera guhagarika intambara binyuze mu nzira y’ubiganiro, nyuma y’uko Volodymyr Zelensky...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burenganzira bwa Muntu ryatangaje ko ubwato bwari butwaye abimukira bajya mu Bugereki no mu Butaliyani bwarohamye mu nyanja bugeze mu gice cyarekeye ku...
Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, Lt Gen. Christian Tshiwewe, yatangaje ko uru rwego rwuzuyemo abagambanyi benshi batuma rudahagarara neza imbere y’umwanzi.