skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

RDC: Martin Fayulu ahaye umukoro ukomeye komisiyo y’amatora ngo abone kuyitabira

Martin Fayulu Madidi yatangaje ko adateze gutanga kandidatire ye mu gihe amadosiye yose ajyanye n’amatora azaba atarasubirwamo ndetse akagenzurwa n’inzobere zigenga, kuko uko bimeze ubu ngo...
20 June 2023 Yasuwe: 446 0

EU yadohoreye uwabaye minisitiri n’uwari ukuriye urwego rw’ubutasi muri RDC

Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yatangaje kuri uyu wa 19 Kamena 2023 ko yakuye ku rutonde rw’ibihano babiri begereye uwahoze ari umukuru w’igihugu, Joseph Kabila.
20 June 2023 Yasuwe: 385 0

Uganda: Abantu 20 nibo bamaze gufatwa bakekwaho uruhare mu gitero cyahitanye abantu 42

Abantu 20 bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho uruhare mu gitero cy’umutwe w’iterabwoba cyahitanye abantu 42 barimo abana 37 ku ishuri ryisumbuye rya Lhubirira muri Kasese.
20 June 2023 Yasuwe: 482 0

Ubuhamya bw’abana barokotse igitero cya ADF ku ishuri muri Uganda: hari uwisize amaraso

Umunyeshuri Julius Isingoma yavuze ukuntu yarokotse mu buryo bw’igitangaza igitero cya nijoro bicyekwa ko cyagabwe n’intagondwa ziyitirira idini ya Islam, ku nzu yo kuraramo yo ku ishuri ryo mu...
20 June 2023 Yasuwe: 1313 0

Musanze: Bugarijwe n’ubusinzi butizwa umurindi n’inzoga z’inkorano

Abaturage bo mu Mirenge ya Gataraga, Shingiro na Busogo mu Karere ka Musanze, bavuga ko inzoga z’inkorano zicururizwa mu tubari twaho, ziri mu bikomeje gutiza umurindi ubusinzi bukabije.
19 June 2023 Yasuwe: 628 0

Umusaruro w’ibihingwa ngandurarugo wagabanutseho 3% mu gihembwe cya mbere cya 2023

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare irerekana ko umusaruro mbumbe w’Igihugu wazamutse ku gipimo cya 9.2% mu gihembwe cya mbere cy’uyu mwaka wa 2023.
19 June 2023 Yasuwe: 330 0

Raporo y’Impuguke za L’ONU yashyize abagenerari 2 ba RDC ku rutonde rw’abakorana na FDRL

Impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatangaje amazina y’abasirikare bakuru mu ngabo za Congo bari ku ruhembe rw’imikoranire yazo n’umutwe wa FDLR.
19 June 2023 Yasuwe: 2060 1

Ubushinjacyaha Bwareze Karasira byavuzwe ko adwaye ibindi Byaha by’Inyongera

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwareze Aimable Karasira Uzaramba Ibindi byaha by’inyongera. Ni ibyaha bibiri byo kudasobanura inkomoko y’umutungo n’icyaha cy’iyezandonke. Ibyaha bitagaragaraga mu...
19 June 2023 Yasuwe: 777 0

Blinken wa Amerika yasuye Ubushinywa mu ruzinduko rw’amateka

Nyuma y’imyaka itanu Leta Zunze Ubumwe za America n’u Bushinwa bitagenderana, Ministiri w’Ububanyi n’Amahanga wa USA, Antony Blinken, yagiriye uruzinduko mu Bushinwa.
19 June 2023 Yasuwe: 469 0

Nti bisanzwe: Yibagishije incuro 40 ngo ase n’umuhanzi Ricky Martin afana

Ricky Martin ni rimwe mu mazina azwi ku ruhando rw’imyidagaduro cyane muri Amerika y’Amajyepfo aho akomoka, kuko ni umuhanzi w’indirimbo w’icyamamare, akaba n’umwanditsi wazo.
19 June 2023 Yasuwe: 722 0