Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yatangaje kuri uyu wa 19 Kamena 2023 ko yakuye ku rutonde rw’ibihano babiri begereye uwahoze ari umukuru w’igihugu, Joseph Kabila.
Umunyeshuri Julius Isingoma yavuze ukuntu yarokotse mu buryo bw’igitangaza igitero cya nijoro bicyekwa ko cyagabwe n’intagondwa ziyitirira idini ya Islam, ku nzu yo kuraramo yo ku ishuri ryo mu...
Abaturage bo mu Mirenge ya Gataraga, Shingiro na Busogo mu Karere ka Musanze, bavuga ko inzoga z’inkorano zicururizwa mu tubari twaho, ziri mu bikomeje gutiza umurindi ubusinzi bukabije.
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare irerekana ko umusaruro mbumbe w’Igihugu wazamutse ku gipimo cya 9.2% mu gihembwe cya mbere cy’uyu mwaka wa 2023.
Impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatangaje amazina y’abasirikare bakuru mu ngabo za Congo bari ku ruhembe rw’imikoranire yazo n’umutwe wa FDLR.
Nyuma y’imyaka itanu Leta Zunze Ubumwe za America n’u Bushinwa bitagenderana, Ministiri w’Ububanyi n’Amahanga wa USA, Antony Blinken, yagiriye uruzinduko mu Bushinwa.
Ricky Martin ni rimwe mu mazina azwi ku ruhando rw’imyidagaduro cyane muri Amerika y’Amajyepfo aho akomoka, kuko ni umuhanzi w’indirimbo w’icyamamare, akaba n’umwanditsi wazo.