skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Uganda: Abanyeshuri 3 babashije gutoroka ababashimuse mu gitero ku ishuri

Abanyeshuri batatu muri batandatu bashimuswe n’abagabye igitero ku ishuri ryo mu burengerazuba bwa Uganda ku itariki ya 16 y’uku kwezi kwa Kamena batorotse, nkuko byatangajwe n’ikinyamakuru Daily...
22 June 2023 Yasuwe: 1385 0

Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado biravugwaho ikoranire na ADF irwanya Uganda

Umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, byatangajwe ko ufitanye imikoranire n’indi mitwe itandukanye irimo n’uwa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah umaze igihe uhigwa n’ingabo z’u Rwanda...
22 June 2023 Yasuwe: 920 0

Perezida Kagame yakiriye Ravi Menon uyobora Banki Nkuru ya Singapore

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kamena 2023, Perezida Kagame yakiriye Ravi Menon, Umuyobozi wa Banki Nkuru ya Singapore (Monetary Authority of Singapore - MAS), akaba n’umwe mu...
22 June 2023 Yasuwe: 286 0

Ubwoba ni bwinshi ku buzima bw’abagabo 5 baburiye mu bwato bw’ubushakashatsi

Ibyitezwe kuri ba bagabo batanu bari mu bwato bujya hasi mu nyanja biteye ubwoba – uko amasaha yicuma niko umwuka bafite wo guhumeka ushira, abarimo kubashakisha nabo ntibaruhuka.
22 June 2023 Yasuwe: 1153 0

Barça ishobora kwibikaho igihanganjye Gundogan wa Man City

Kapiteni wa Manchester City Ilkay Gundogan azajya gukina muri Barcelona nk’umukinnyi udafite andi masezerano ubwo kontaro ye muri City izaba irangiye mu mpera y’uku kwezi.
22 June 2023 Yasuwe: 359 0

Uganda:Yigambye gukorana n’ibyihebe bya ADF birangira atawe muri yombi

Inzego z’umutekano za Uganda zafashe umugabo witwa Kalenzi Resto wagiye ku mbuga nkoranyambaga akigamba ko ari umwe mu bashyigikiye umutwe w’ibyihebe wa ADF.
21 June 2023 Yasuwe: 1441 0

Raporo ku byaha bikorwa n’igisirikare yagaragaje ko abantu 31.000 bishwe n’ibisasu muri 2022

Raporo y’Umuryango wo mu Bwongereza ukusanya amakuru n’ubushakashatsi ku bikorwa by’ihohotera rikorwa n’igisirikare hirya no hino ku Isi (Action on Armed Violence), AOAV, igaragaza ko mu 2022...
21 June 2023 Yasuwe: 312 0

Ubufaransa bwirengagije makuru avugwa kuri RDC bwamagana u Rwanda kubera M23

Leta y’u Bufaransa yasabye ihagarara ry’icyo yise "ubufasha bwa gisirikare u Rwanda rukomeje guha umutwe wa M23", inamagana urugomo imitwe itandukanye ikomeje gukorera mu burasirazuba bwa Congo.
21 June 2023 Yasuwe: 1408 1

Burundi bwigeze gutabarwa n’u Rwanda isoko ryahiye,bwahishije amaduka atanu ibyarimo birakongoka

Inkongi y’Umuriro yafashe amaduka atanu mu mujyi wa Bujumbura ibyari birimo byose birashya birakongoka. Abacuruzi bavuga ko umuriro wakomotse ku kibazo cy’amashanyarazi.
21 June 2023 Yasuwe: 748 0

Taiwan yashimangiye ko u Bushinwa bufite gahunda yo kwivanga mu matora yabo

Raporo y’umutekano w’imbere mu gihugu yasuzumwe na Reuters, iravuga ko Guverinoma ya Taiwan ivuga ko u Bushinwa buzagerageza kwivanga mu matora y’ingenzi yo muri Mutarama butera inkunga mu buryo...
21 June 2023 Yasuwe: 317 0