Umuhanga mu bukungu Bogolo Joy Kenewendo yavuzwe cyane mu myaka itanu ishize ubwo ku myaka 30 yagirwaga minisitiri w’ubucuruzi n’inganda wa Botswana, umwe mu bato, niba atari we wari muto cyane, mu...
Kuri uyu wa Mbere, mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare riri mu Karere ka Musanze, hakorewe igikorwa cyo gusoza imyitozo y’Ingabo z’Ibihugu biri mu Muryango wa Afurika y’i Burasirazuba.
Abagize inteko ishinga amategeko b’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EALA, barasabira Sudani y’Epfo, u Burundi na Repubulika ya demukarasi ya Congo ibihano kubera ko bitatanze umusanzu bisabwa.