Perezida w’Amerika Joe Biden yise Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping umunyagitugu, mu ijambo ryo mu gikorwa cyo gukusanya inkunga yo kwifashisha mu kwiyamamaza kwe mu matora yo mu mwaka utaha yavugiye...
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa kabiri, Grandi yatabarije bikomeye abaturage ba Sudan bugarijwe n’amakuba y’intambara.
Umusirikare ufite ipeti rya general mu ngabo z’u Burusiya yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zifite umugambi wo kunyanyagiza imibu itera malariya mu basirikare b’Abarusiya aho bari ku...
Umutwe wa M23 watangaje ko utarebwa na gahunda yo kurambika hasi intwaro no gusubizwa mu buzima busanzwe, mu gihe cyose utaragirana ibiganiro na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.