Amakuru ava mu bayobozi ba Rayon Sport aremeza ko ibiganiro bigarura Youssef Rharb muri Murera biri kugenda neza kandi hari ikizere ko mu minsi mike bizaba byageze ku musozo.
U Rwanda rurizihiza umunsi wo kwibohora ku ncuro ya 29. N’igihe cyo kwisuzuma no kurebera hamwe ibikwiye gushingirwaho mu guhamya kwibohora nyako nyuma y’imyaka 29 ishize.
Intumwa za Leta y’u Burundi ziri i Geneva mu Busuwisi zanze guhurira mu nama n’uyirwanya, zihitamo gusohoka mu cyumba yari igiye kuberamo cya Palais Wilson.
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, imirwano yongeye kubura hagati y’inyeshyamba za M23 n’imitwe yitwara gisirikali ishyigikiwe na leta izwi nka Wazalendu mu teritware za Rutshuru na Masisi...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biravugwa ko bwamaze kunoza umugambi wo guta muri yombi Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’iki gihugu cyo kimwe na Moïse Katumbi utavuga...
Ingabo za Israel zagabye ibitero by’indege zitagira abapilote mu mujyi wa Jenin wo muri West Bank ku nshuro ya kabiri mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere , mu...