skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Volleyball: Gisagara VC yagayitse,APR na Police zegukanye irushanwa ryo Kwibohora

Ikipe ya APR Volleyball Club mu bagabo na Police Women Volleyball Club mu bagore, ni zo zegukanye igikombe cy’irushanwa ryo Kwibohora ku nshuro ya 29, Liberation Cup 2023.
10 July 2023 Yasuwe: 193 0

Tshisekedi yishongoye kuri RDF ayibwirako nta mutamiro urimo imbere y’igisirikare cye FARDC

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, yashimangiye ko ingabo z’u Rwanda zidakanganye na busa imbere ya FARDC, avuga ko binyuze mu mutwe wa M23 bafatiranye...
10 July 2023 Yasuwe: 1219 0

AfroCan :U Rwanda rwatsinzwe umukino wa kabiri imbere ya Maroc

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yatsinzwe na Maroc amanota 59-58 mu mukino wa kabiri mu y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere ku Mugabane ‘AfroCan’ iri kubera i Luanda muri Angola.
9 July 2023 Yasuwe: 305 0

Indege ya Tanzania yari yafatiriwe kubera ideni rya miliyoni 165$ yarekuwe

Sosiyete ya Leta ya Tanzania ikora ubwikorezi bwo mu kirere yatangaje ko indege yayo yari imaze amezi umunani ifatiriwe n’u Buholandi kubera umwenda wa miliyoni 165$ yarekuwe.
9 July 2023 Yasuwe: 492 0

Ubushinwa na America bateye intambwe yo gufatanya mu bukungu

Nyuma y’iminsi ine y’ibiganiro n’abategetsi b’Ubushinwa, ministri w’imali wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Janet Yellen, yatangaje ko ibiganiro bagiranye byatanze umusaruro.
9 July 2023 Yasuwe: 423 0

Iminsi 500 irihiritse Ukraine idasiba gusukwaho ibisasu n’Uburusiya bwayiteye

Abantu umunani bahitanywe n’ibisasu by’imbunda za rutura Uburusiya bwarashe mu mujyi wa Lyman mu karere ka Donetsk. Ibyo bisasu byakomerekeje abandi 13.
9 July 2023 Yasuwe: 447 0

Indege z’intambara z’Amerika zahitanye Usamah al-Muhajir wa Leta ya Kiyisilamu

Ibitero by’intege z’intambara za Leta zunze ubumwe z’Amerika byahitanye umuyobozi wa Leta ya Kiyisilamu mu burasirazuba bwa Siriya nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cy’Amerika kuri iki...
9 July 2023 Yasuwe: 1678 1

Rwanda FDA yavuze ku muti ukekwaho kwica abana 12 muri Cameroon

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda, Rwanda FDA, cyahumurije abanyarwanda nyuma yaho umuti w’inkorora witwa NATURCOLD (Paracetamol, Phenylephrine Chlorhydrate and...
9 July 2023 Yasuwe: 290 0

Jose Chameleoneuherutse kubagwa munda yavuye mu bitaro yari amazemo iminsi

Umuririmbyi w’Umunya-Uganda wubatse amateka mu muziki, Jose Chameleone, yavuye mu bitaro aho yari amaze iminsi nyuma yo kubagwa kubera kwibasirwa n’uburwayi bwo mu nda.
9 July 2023 Yasuwe: 646 0

Abahinzi bagorwaga n’ifumbire ihenze bazaruhuka ari uko uruganda ruyitunganya rwuzuye

Mu Rwanda harimo kubakwa uruganda rutunganya ifumbire, ruzatangira gukora bitarenze mu kwezi kwa 9 k’uyu mwaka. Ni uruganda rwitezweho kuzatuma igiciro cy’ifumbire kigabanuka.
9 July 2023 Yasuwe: 307 0