Ikipe ya APR Volleyball Club mu bagabo na Police Women Volleyball Club mu bagore, ni zo zegukanye igikombe cy’irushanwa ryo Kwibohora ku nshuro ya 29, Liberation Cup 2023.
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, yashimangiye ko ingabo z’u Rwanda zidakanganye na busa imbere ya FARDC, avuga ko binyuze mu mutwe wa M23 bafatiranye...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yatsinzwe na Maroc amanota 59-58 mu mukino wa kabiri mu y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere ku Mugabane ‘AfroCan’ iri kubera i Luanda muri Angola.
Sosiyete ya Leta ya Tanzania ikora ubwikorezi bwo mu kirere yatangaje ko indege yayo yari imaze amezi umunani ifatiriwe n’u Buholandi kubera umwenda wa miliyoni 165$ yarekuwe.
Abantu umunani bahitanywe n’ibisasu by’imbunda za rutura Uburusiya bwarashe mu mujyi wa Lyman mu karere ka Donetsk. Ibyo bisasu byakomerekeje abandi 13.
Ibitero by’intege z’intambara za Leta zunze ubumwe z’Amerika byahitanye umuyobozi wa Leta ya Kiyisilamu mu burasirazuba bwa Siriya nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cy’Amerika kuri iki...
Umuririmbyi w’Umunya-Uganda wubatse amateka mu muziki, Jose Chameleone, yavuye mu bitaro aho yari amaze iminsi nyuma yo kubagwa kubera kwibasirwa n’uburwayi bwo mu nda.