Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, yatangaje ko umwaka w’imikino 2023-2024 w’amarushanwa Nyafurika ku makipe yabaye aya mbere iwa yo n’ayegukanye ibikombe iwa yo,...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yategetse ko hakorwa ibishoboka byose kugira ngo abishe Chéburin Okende wahoze ari Minisitiri bafatwa bagahanwa.
Niyomukiza Eric na Niyomugabo Claude Abanyeshuri bigaga mu Mashuri abanza yo ku Murenge wa Kinihira, barohamye mu Mugezi wa Nyabarongo bahasiga ubuzima.
Perezida wa Misiri, Abdel Fattah El Sisi na Minisitiri w’intebe wa Ethiopie, Abiy Ahmed, ,baganire uburyo bahagarika ntambara yo muri Sudani ndetse n’ibijyanye no kubaka urugomero rwa Nili, nk’uko...