skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Update:Madamu Wa Perezida W’Uburundi Yaje Mu Rwanda Aciye Iy’Ubutaka

Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angelina Ndayishimiye, aragera i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Nyakanga 2023 aho aza kwitabira inama Mpuzamahanga yiga ku ruhare rw’Abagore mu Iterambere...
18 July 2023 Yasuwe: 608 0

Icyemezo cya Putin kirakomeza gushyira Afurika mu kaga k’ibiribwa bihendutse

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yafashe icyemezo gishobora gutuma Abanyafurika bizirika umukanda mu nda kurusha uko byari bisanzwe.
17 July 2023 Yasuwe: 1517 0

Umuhanzi Niyo Bosco wajyanywe mu bitaro igitaraganya yatashye

Niyo Bosco yavuye mu bitaro nyuma y’amasaha make ajyanywe kwa muganga arembye, abaganga bakamwitaho nyuma bakamusezerera aho yagiye gukomeza gufatira imiti mu rugo.
17 July 2023 Yasuwe: 1373 0

Uganda isobanura ko ntaho ubwoko ‘Banyarwanda’ bahuriye n’ikibazo yagiranye n’Abanyarwanda

Minisiteri ishinzwe umutekano w’imbere muri Uganda yatangaje ko ntaho ikibazo cy’ibyangombwa abantu baturukaga mu Rwanda (Abanyarwanda) bagiriraga i Kampala gihuriye n’abo mu bwoko bwa Banyarwanda.
17 July 2023 Yasuwe: 973 0

Wema Sepetu utarabona umwana yashenguwe n’uwamushushanyije ateruye uwa baringa

Wema Sepetu wigeze kuba nyampinga muri Tanzaniya, yongeye kugaragaza ko anyotewe no kuba umubyeyi nyuma yo gukorwa mu nkovu n’abafana bamwibutsa ko akwiye kubyara umwana.
17 July 2023 Yasuwe: 999 0

RDC: FARDC yageretse kuri RDF Y’u Rwanda urupfu rw’abasivile baheruka kwicirwa mu Rutshuru

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyashinje Ingabo z’u Rwanda n’umutwe wa M23 kuba nyirabayazana w’ubwicanyi bivugwa ko buheruka gukorerwa abasore 11 b’abanye-Congo.
17 July 2023 Yasuwe: 1047 0

Abanyeshuri basoza amashuri abanza batangiye gukora ibizamini bya Leta

Muri rusange abakora iki kizamini mu mashuri abanza ni abakandida 202,967 barimo ab’igitsina gabo 91,067 n’abigitsina gore 111,900.
17 July 2023 Yasuwe: 641 0

Uganda: Bishwe n’impanuka y’imudoka bavuye bavuye Gushyingura

Mu masaha y’umugoroba wo kuri iki Cyumweru taliki 16, Nyakanga, 2023 imodoka yari itwaye abagenzi yagonganye na FUSO yari ipakiye amafi abantu 16 barahagwa.
17 July 2023 Yasuwe: 1067 0

Cardinal Kambanda Yageneye Impano Perezida Wa Hungary ishingiye ku myemerere

Arkiyepiskopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda yageneye impano ya Bikira Mariya Nyina wa Jambo Perezida w’iguhugu cya Hongiriya wamusuye.
17 July 2023 Yasuwe: 1152 0

Amerika ikomeje kwiyegereza Ubushinwa binyuze mu kubugenderera ubutitsa

Intumwa yihariye ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ihindagurika ry’ibihe, John Kerry abaye umuyobozi wa gatatu ukomeye woherejwe mu Bushinwa mu kwezi kumwe, mu gihe...
17 July 2023 Yasuwe: 304 0