Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angelina Ndayishimiye, aragera i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Nyakanga 2023 aho aza kwitabira inama Mpuzamahanga yiga ku ruhare rw’Abagore mu Iterambere...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yafashe icyemezo gishobora gutuma Abanyafurika bizirika umukanda mu nda kurusha uko byari bisanzwe.
Wema Sepetu wigeze kuba nyampinga muri Tanzaniya, yongeye kugaragaza ko anyotewe no kuba umubyeyi nyuma yo gukorwa mu nkovu n’abafana bamwibutsa ko akwiye kubyara umwana.
Mu masaha y’umugoroba wo kuri iki Cyumweru taliki 16, Nyakanga, 2023 imodoka yari itwaye abagenzi yagonganye na FUSO yari ipakiye amafi abantu 16 barahagwa.
Intumwa yihariye ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ihindagurika ry’ibihe, John Kerry abaye umuyobozi wa gatatu ukomeye woherejwe mu Bushinwa mu kwezi kumwe, mu gihe...