Uwari umunyezamu w’ikipe ya Bugesera FC, Ndayishimiye Jen Luc uzwi nka Bakame, yatangarije abakunzi be ko yahagaritse gukina umupira w’amaguru nyuma yo guca mu makipe arimo APR FC na Rayon Sports.
Minisitiri w’intebe wa Jersey Kristina Moore n’umwungirije, Kirsten Morel, bombi babuze mu nama ya nyuma y’abagize guverinoma mbere y’ikiruhuko, bituma bibasirwa cyane n’abanyapolitiki bagenzi babo .
Abakunzi ba Basketball mu Burundi no mu Rwanda babajwe bikomeye no kumva urupfu rwa Florence Sifa Kalume batazira Dada, Umukobwa wari ufite ubuhanga butangaje mu mukino wa Basketball na football...
Uwanyana Assia, umugore wa Pst Théogène Niyonshuti yatangiye gutera ikirenge mu cy’umugabo we uherutse kwitaba Imana, akaba yatumiwe mu giterane cy’Ububyutse kizabera i Muhanga kuri uyu wa...
Umubare w’abakirisitu bo mu Burasirazuba bwa Kenya bishwe n’inzara nyuma yo kubishishikarizwa na Pasiteri wabo ngo bazajye mu ijuru, umaze kurenga 400.
Paul Kagame yaraye abwiye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’abagore ko n’ubwo hari byinshi byakozwe ngo uburinganire n’ubwuzuzanye bw’ibitsina byombi bugerweho, hari ibitarakorwa.
Minisitiri w’umutekano muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Peter Kazadi yamenyesheje Commissaire Blaise Kilimbalimba ko guhera kuri uyu wa Kabiri taliki 18, Nyakanga, 2023 ari muyobozi wa...