Umugeni wo mu karere ka Nyamasheke witwa Nyirandagijimana Winifride yasezeraniye mu bitaro, nyuma y’uko imodoka yari imutwaye ajya ku rusengero yakoze impanuka yaguyemo se umubyara.
Muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo, abanyamakuru bahunze imirwano mu teritware za Masisi na Rutshuru na Masisi baranenga ihagarikwa ry’ikiganiro kivuga ku bibazo by’impunzi cyitwa ’Sauti ya...
Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya yashinje William Ruto wamusimbuye ku butegetsi gutoteza umuryango we, avuga ko igihe kigeze ngo awurengere.
Perezida wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, avuga ko ari ngombwa ko ibikorwa by’urugomo n’intambara bihagarara, amahoro akaganza muri Afurika, kuko adashobora kugerwaho bidahagaze.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yaraye yambitse umudari w’icyubahiro uzwi nk’"Agaciro" mugenzi we Denis Sassou N’guesso wa Congo-Brazzaville wagendereye u Rwanda.
Umunya-Argentine Lionel Messi yafashije Inter Miami kwegukana intsinzi yo ku munota wa nyuma, mu mukino we wa mbere nk’umukinnyi w’iyi kipe yo muri shampiyona ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umuhanzi Hakizimana Amani uzwi nka Ama G The Black nyuma yo kumara iminsi ataboneka mu bitangazamakuru yasobanuye ko yari yarabuze kubera impamvu z’uburwayi.