Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yavuze ko ibihugu biri ku mugabane wa Afurika bitazigobotora ingoyi y’ubukene mu gihe bitashora imbaraga zihagije mu babituye, by’umwihariko urubyiruko.
Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko yemeranyijwe na Paul Kagame w’u Rwanda ko batagomba kongera guhaguruka nk’Umugabane bitabye Igihugu kimwe. Ni mu gihe hateganyijwe ibiganiro bizahuza u...
Inteko ishingamategeko ya Ghana yatoye gukuraho burundu igihano cy’urupfu, iki gihugu cyiyongera ku rutonde rurerure rw’ibihugu byo muri Afurika byaciye icyo gihano mu myaka ya vuba aha ishize.
Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yamaze kugura rutahizamu w’Umurundi, Richard Kirongozi Bazombwa wakiniraga ikipe ya Bumamuru FC yo mu Burundi.
Kirongozi w’imyaka 23 y’amavuko asanzwe akinira...
Mu Bushinwa, Ministri w’Ububanyi n’amahanga Qin Gang yakuwe ku mirimo ye asimbuzwa Wang Yi yari yarasimbuye kuri uwo mwanya. Nta cyatangajwe cyerekeye impamvu y’izo mpinduka.
Mu mujyi wa Uvira uri mu ntara ya Kivu y’Epfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, abaturage bakoze imyigaragambyo yo kutava mu ngo zabo basaba leta gusana imihanda yo muri uwo...