Kuri uyu wa wa Gatandatu tariki 29 Nyakanga 2023, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ibiciro by’umikino w’Igikombe kiruta ibindi uzahuza APR FC na Rayon Sports ku wa...
Umukuru w’itsinda Wagner ry’abacanshuro b’Abarusiya, Yevgeny Prigozhin, yabonetse mu ifoto i St Petersburg mu nama yo muri iki cyumweru y’Afurika n’Uburusiya.
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zivuga ko zasubije inyuma igitero cy’ingabo z’u Rwanda (RDF), nyuma yuko mu gitondo cyo ku wa kane zambutse umupaka zikinjira muri DR Congo.
Bitewe n’ikibazo cy’amikoro adahagije mu kipe ya Rayon Sports, bishobora kuyikururira kuzakina na Police FC ku munsi w’Igikundiro uzwi nka “Rayon Day.” Kuko yon ta by’imirengera yasaba.
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 18 wo mu Karere ka Bugesera yasanzwe yiyahuje ishuka nyuma y’igihe atumvikana n’ababyeyi be kubera ibiyobyabwenge yari asanzwe akoresha.
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda n’umuhungu we, Gen Muhoozi Kainerugaba, bari i St. Petersburg mu Burusiya aho bitabiriye inama igomba guhuza iki gihugu n’umugabane wa Afurika.