Umupasiteri wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri iki Cyumweru ubwo yari imbere y’abagize itorero rye, mu byo yabwirije yazanyemo n’igitekerezo cy’uko Kinshasa yakora intwaro za kirimbuzi...
Haiti yishimiye ingabo z’amahanga ziyobowe na Kenya, ivuga ko yiteze inyungu nyinshi n’amahirwe yo kongera kubona umutekano kubera ubunyangamugayo bw’igihugu cya Kenya kiziyoboye
Mu gihe Shampiyona ya Basketball mu Rwanda iri kugana ku musozo, amakipe menshi by’umwihariko akomeye yatangiye kwibikaho abakinnyi azifashisha mu Mikino ya Kamarampaka (Playoffs).