Perezida w’igihugu cya Nigeriya, Bola Tinubu yatangaje ko hari ingamba ari gufata zigamije kugabanya igiciro cy’ubuzima buri hejuru mu banya Gihugu kuri ubu.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batatu rufungiye kuri Sitasiyo zarwo zitandukanye zo mu karere ka Gasabo, aho bakurikiranweho "gukinisha abana...
Ibihugu bituranye na Niger byiyemeje kuyitabara, mu gihe umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Uburengerazuba (CEDEAO) waba ugabye ibitero kuri iki gihugu bigamijeho gusubiza ku butegetsi Perezida...
Ahagana saa sita z’amanywa nibwo abasirikare n’abapolisi bayobowe na Major General Alex Kagame bagiye muri Mozambique gusimbura bagenzi babo bari bahamaze iminsi mu bikorwa byo kuhatsimbataza...
Ku wa Gatandatu tariki ya 29 Nyakanga 2023, Abakuru b’Imidugudu 602 batangiye guhabwa amagare azabafasha mu kunoza akazi kabo no kurushaho kwegera abaturage, basabwa kutayagurisha.