Abaturage bo muri Teritwari ya Masisi, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bongeye kugarurira icyizere ingabo za EAC zaturutse mu Burundi nyuma yo gufungura kuri uyu wa Kane...
Nyuma y’uko imvura yo muri Gicurasi uyu mwaka wa 2023 igashegeshe intara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda by’umwihariko mu Karere ka Rubavu, ubuyobozi bw’aka Karere bwanzuye ko nta mu turage wemerewe...
Abantu baturuka mu karere k’ibiyaga bigari baba muri Zambia baherutse gufatwa n’inzego z’umutekano n’izishinzwe abinjira n’abasohoka, mu gikorwa bavuga ko gisa n’umukwabu wo gushakisha abadafite...
Ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali Women Football Club, bwafashe icyemezo cyo kugarura abatoza babiri, Ntagisanimana Saida na Safari Jean Marie Viannye, bari baherutse gusohoka muri iyi kipe mu buryo...