Muri iki cyumweru turi gusoza Aba badepite barateranye bavuga ko batumva uburyo hari ibikorwaremezo bihagije byashyizweho ndetse byanatumye internet ibasha kugera mu gihugu hose ku kigero cya 66%...
Umukuru wa UN António Guterres mu ntangiriro z’icyumweru gitaha byitezwe ko ahura na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin, akanagirana inama y’akazi akanasangira ifunguro ryo ku manywa na Minisitiri...
Perezida Kagame abinyujije kuri Twitter yavuze ko nyakwigendera Mwai Kibaki asize byinshi azibukirwaho birimo n’impinduka yazanye mu bukungu bwa Kenya.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa somaliya Abdisaid Muse Ali yarusimbutse ubwo bamugabagaho igitero mu mugi wa Galkayo uherereye Puntland. Ni kubirometero 750 km uvuye mu murwa mukuru...
Raporo y’Ubushinjacyaha Bukuru ya 2021 igaragaza ko abantu 18,082 bari hagati y’imyaka 18 na 30 ari bo baketsweho ibyaha bitandukanye, bakaba bagize 48.2 ku ijana by’abakurikiranywe...