Uku kwezi kwa Kanama gukomeje kurangwa no gusubukura imanza z’abari ibikomerezwa mu buyobozi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ubu bari ku gatebe, bakaba bakomeje no gukurikiranwa n’ubutabera.
Kuri uyu wa Kabiri ushize, Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yatangaje ko ibihugu by’u Burusiya na Koreya y’Epfo bigiye gutangira kubaka inganda zitunganya ingufu za nikeleyeri muri iki gihugu.
Perezida wa Madagascar Andry RAJOELINA kuri uyu wa Kabiri yasoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda yiha umuhigo w’uko Madagascar igiye gutera ikirenge mu cy’u Rwanda mu nzira...
k’uburasirazuba bwa Leta zinze ubumwe z’Amerika ku mugoroba wo ku wa mbere. Byahitanye abantu babiri bituma ingo n’ibigo by’ubucuruzi birenga miliyoni imwe bibura umuriro w’amashanyarazi.
Abaturage bo mu mijyi ibiri minini yo mu karere ka Amhara, ari yo umurwa mukuru Bahir Dar w’ako karere hamwe n’umujyi wa Gondar, bavuze ko imirwano ikaze hagati y’imitwe yitwaje intwaro yaho...