Abagize umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram bishe abantu 13 mu bitero bibiri bitandukanye mu majyaruguru ya Nigeria nk’uko ibitangazamakuru byo muri iki gihugu byabitangaje ku Cyumweru.
Umusore witwa Ntakiritimana Patrice wo mu kagari ka Mara ho mu murenge wa Ruhashya w’akarere ka Huye, yitabye Imana nyuma yo kunywa umuti wa Roket wica Nkonkwa.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Kanama, muri Gurupoma ya Busanza, yo muri Teritwari ya Rutshuru humvikanye imirwano yamaze akanya gato hagati ya M23 n’inyeshyamba za Wazalendo.
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 13 Kanama, Perezida William Ruto wa Kenya yakoreye uruzinduko muri Uganda kugira ngo agirane ibiganiro na mugenzi we, Yoweri Museveni, ariko igihe yahisemo cyateje...
Umubyinnyi Sherrie Silver ukomoka mu Rwanda, yishimiye guhura na Perezida Paul Kagame hamwe na Jeannette Kagame, ari kumwe n’abana b’impanga arera kuva bapfusha umubyeyi wabo ubwo bari bakiri impinja.
Polisi ikorera mu karere ka Nyanza mu murenge wa Busasamana yataye muri yombi umusore w’imyaka 17 y’amavuko akurikiranyweho gusambanya umwana ufite imyaka ine y’amavuko.
Ku wa Gatanu tariki ya 11 Kanama 2023, Nibwo abakozi bane b’Ikigo cy’Amashuri cya Saint Trinité de Nyanza, bakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe bategereje kuburanishwa mu mizi ku byaha...
Kuri iki Cyumweru, itariki 13 Kanama, urugomo rwibasiye umujyi wa Nyala wo mu burengerazuba bwa Sudani ndetse n’ahandi muri leta ya Darfur y’Amajyepfo, nk’uko abatangabuhamya babitangaje, bituma...