Kuri uyu wa 10 kanama, ubuyobozi bw’umujyi muri Ethiopia bwatangaje ko abashinzwe umutekano barimo guhiga bukware mu mahoteri, utubari na resitora aho bivugwa ko hakorerwa ubutinganyi.
Mu gihe abantu bari kwishimira impeshyi y’umwaka wa 2023, Covid-19 yongeye kugaruka mu bice bimwe na bimwe. Uwavuga ko iki cyorezo cyahashyijwe burundu yaba yibeshye.
Umukozi wa guverinoma yafatiwe mu Budage, ashinjwa guha amakuru y’ibanga u Burusiya. Uyu mugabo yiswe gusa Thomas H hakurikijwe amategeko y’u Budage yo kubika ibanga ku buzima bwite.
Lt. Col. Patrice Nkurikiye wo mu Gipolisi cy’u Burundi, akaba n’Umuyobozi wa Gereza Nkuru ya Murembwe, mu Ntara ya Rumonge (mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’u Burundi) hamwe n’abakozi babiri...
Kuri uyu wa Kane, Ibiro Ntaramakuru bya Leta muri Koreya ya Ruguru, KCNA, byatangaje ko Umuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yirukanye ku mirimo ye umuyobozi w’igisirikare anasaba ko hakorwa...
Bimaze kumenyerwa mu Rwanda ko uwabonywemo ubushobozi binyuze muri Cabinet(Inama y’Abaminisitiri ikuriwe na Perezida w’u Rwanda) bemeza umuyobozi runaka ku mwanya mu nzego zo hejuru, bikamenyeshwa...