Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yijunditse Corneille Nangaa, nyuma yo gutangaza ko umutwe wa FDLR usigaye uri mu barindira umutekano abayobozi bakuru ba kiriya gihugu barimo...
Benshi mu bitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku butegetsi bwa gisirikare mu ntara za Kivu ya Ruguru na Ituri zo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo basabye ko bukurwaho...
Umugaba Mukuru w’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) Maj. Gen. Tshiwewe Songesha, kuri uyu wa Gatatu yasuye urubyiruko rukabakaba 20,000 ruherutse kwinjizwa mu gisirikare ruri...
Guverineri w’intara ya Ituri Let.Gen Johnny Luboya kuri uyu wa 15 Kanama 2023 yabwiye abaturage be ko akeneye ubufasha bwabo ngo ahangana n’imitwe yitwaje intwaro ibajujubya.
Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta mu gihugu cya Kenya yashyize ahagaragara icyuho muri gahunda y’imishahara ya guverinoma y’Intara ya Nairobi, ahasanzwe abakozi ba baringa bakabakaba 1000.