Perezida wa Nijeriya, Bola Tinubu, kuri uyu wa mbere yarahije abaminisitiri 45, muri guverinema nshya. Bitezweho kwita ku bibazo by’ubukungu, bugenda buhoro, ifaranga rijegajega n’itumbagira...
Colonel Peter Oscar Ajoket ukorera mu biro bya Minisitiri w’Intebe wa Uganda agiye kumara iminsi itatu muri kasho azira guhohotera umupolisi muto, PC Stanley Masembe ukorera mu ishami rishinzwe...
Perezida wa RDC ,Félix Tshisekedi yashimye abasirikare bagize umutwe w’Ingabo zimurinda ku bw’umutekano we ndetse n’uko zawurinze mu gihe cy’imikino ya La Francophonie yabereye i Kinshasa ku nshuro...
Umwe mu bategetsi bo mu Karere ka Tigray muri Ethiopia yahishuye ko abantu bagera ku 1,400 bamaze kwicwa n’inzara nyuma y’uko amahanga ahagaritse imfanshanyo y’ibiribwa yatangaga muri ako Karere.
Perezida wa Gambia, Adama Barrow, yafashe umwanzuro wo guhagarika ingendo ze n’iz’abandi bayobozi bose mu mahanga kugeza mu mpera z’uyu mwaka mu rwego rwo kwirinda gusesagura amafaranga y’igihugu.
Abashinzwe umutekano ku mipaka ya Arabia Saoudite barashinjwa kwica imbaga y’abimukira ku mupaka w’ubu bwami na Yemeni nk’uko raporo nshya yakozwe na Human Rights Watch ibyemeza.
Mu gihe ibihugu bigize ECOWAS bivuga ko isaha iyo ari yo yose bishobora gutera Niger, ibihugu bituranye kandi biyishyigikiye ari byo Burkina Faso na Mali byayoherereje indege z’intambara ku mipaka...