Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yagaragaje ko akeka ko mugenzi we uyobora u Burusiya, Vladimir Putin, yaba yihishe inyuma y’urupfu rw’umuyobozi w’umutwe w’ingabo wigenga wa...
Raporo nshya ku myitwarire y’abimukira 11 ba mbere bagombaga kuvanwa mu Bwongereza baza mu Rwanda igaragaza ko bagoye bikomeye inzego zibashinzwe muri iki gihugu kiri ku mugabane w’u Burayi.
Kuva kuri uyu wa 24 kugera kuwa 27 Kanama 2023.i Kigali harabera umwihero ku miyoborere uzamara iminsi itatu, urahuriramo bamwe mu bayobozi b’ibigo na Guverinoma .
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 23 Kanama 2023, Komiseri mukuru wa polisi muri Kasai muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Donatien Mikanda Godefroid, yapfuye arashwe n’amabandi amusanze iwe mu...
Ambasaderi mushya wa Leta zunze ubumwe za Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, vuba aratangira imirimo ye i Kigali nyuma y’igihe kirenga umwaka Perezida Joe Biden amushyize kuri uyu mwanya.
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buravuga ko nta bufasha buzaha abatuye ahashyira ubuzima bwabo mu kaga mu gihe bazimurwa ku ngufu kubera ko ngo bamaze igihe kinini basabwa kwimuka ku bushake mu rwego...
Abacuruzi bo muri Uganda bakorera ku mupaka wa Gatuna baravuga ko bakomeje kohereza ibicuruzwa byinshi (cyane cyane ibyo kurya) mu Rwanda kurusha ibyo bahakura bakaba bibaza niba u Rwanda rutaba...
Mu Mudugudu wa Umurambi, Akagari ka Mubuga muri Kibeho mu Karere ka Nyaruguru haravugwa umurambo w’umugore uherutse kubonwa n’abana bari bagiye kwahira ubwatsi mu gitondo kare. Abahageze basanze...