skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Abarwanyi ba Wagner batakaje abayobozi babo babwiye Putin ko bazamwereka umujinya

Abarwanyi ba Wagner bari muri Belarus, bariye karungu, boherereje Vladimir Putin ubutumwa bwo kwitegura umujinya wabo nyuma y’amasaha make umuyobozi wabo Pregozhin yiciwe mu mpanuka y’indege iteye...
24 August 2023 Yasuwe: 2953 0

Intambara ikomeye hagati ya FARDC na Mobondo hafi neza ya Kinshasa

Imirwano ikomeye ku wa Gatatu yasakiranyije Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba zo mu mutwe wa Mobondo.
24 August 2023 Yasuwe: 1858 0

Byabaye ngombwa ko indenge yifashishwa mu kuzimya Nyungwe imaze iminsi ishya

Ubuyobozi bw’AKarere ka Rusizi bwatangaje ko hifashishijwe indege kugira ngo ishyamba rya Nyungwe rizime nyuma y’iminsi itatu rishya.
24 August 2023 Yasuwe: 1400 0

Putin yagejeje ijambo rye ku nama ya BRICS yirengagiza iby’rupfu rwa Prigozhin yageretsweho

Perezida Putin w’u Burusiya yagejeje ijambo rigufi abinyujije muri videwo ku bitabiriye inama ya BRICS yaberaga i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, yibanda ku byo yateguye kubagezaho byo kwagura...
24 August 2023 Yasuwe: 1167 0

Perezida Kagame yasabye gukurikirana byihuse Colonel Mabano uvugwaho kuriganya Hoteli y’arenga miliyoni 200FRW

Perezida Paul Kagame yasabye inzego zitandukanye gukurikirana ikibazo cy’umusore umaze igihe yaraguze Hoteli na Colonel (Rtd) Mabano Joseph, gusa akaba yaranze kuyimuha.
24 August 2023 Yasuwe: 3971 0

Umuryango wa Brics uzakira ibihugu byishya ugeze kuri 11 umwaka utaha

Mu ntangiriro z’umwaka utaha ,ibihugu bya Iran, Argentina, Egypt, Ethiopia, Saudi Arabia na Leta zunze ubumwe z’Abarabu biziyongera mu bihugu bigize umuryango uhuza ibihugu birimo kwihuta mu...
24 August 2023 Yasuwe: 655 0

Abadepite ba Amerika babwiye Tshisekedi ko bamushyigikiye bamusaba gukorana

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kabiri ushize yunguranye ibitekerezo n’itsinda ry’abadepite b’Abanyamerika, bayobowe n’umurepubulikani, John James...
24 August 2023 Yasuwe: 1078 0

Donald Trump wigeze gutegeka Amerika ashobora gufungwa

Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye gutabwa muri yombi kuri uyu wa Kane kubera ibyaha by’amanyanga mu matora ya Perezida byakorewe muri Leta ya Georgia.
24 August 2023 Yasuwe: 493 0

Volleyball: U Rwanda rwahagaritswe na Misiri muri 1/2 cy’Igikombe cy’Afurika

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abagore mu mukino wa Volleyball, yatsinzwe na Misiri muri 1/2 ibura amahirwe yo kugera ku mukino wa nyuma.
24 August 2023 Yasuwe: 286 0

Lt Gen Mubarakh yitabiriye inama idasanzwe yiga ku mutekano wa RDC

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, yitabiriye inama y’abagaba bakuru b’Ingabo z’ibihugu bya EAC yigaga ku kibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa Repubulika...
24 August 2023 Yasuwe: 494 0