skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Polisi y’u Rwanda yashyizeho umuvugizi mushya

Polisi y’u Rwanda imaze gutangaza ko yashyizeho umuvugizi wayo mushya witwa ACP Boniface Rutikanga.
30 August 2023 Yasuwe: 2758 2

Prigozhin washinze Wagner yashyinguwe mu muhango uri mu muhezo kandi bwite

Yevgeny Prigozhin wari umukuru w’itsinda Wagner ry’abacanshuro b’Abarusiya, yashyinguwe mu muhango utari uwo ku rwego rwa leta mu mujyi wa St Petersburg, nkuko byavuzwe n’urwego rwe rwo gutangaza...
30 August 2023 Yasuwe: 1281 0

Barohamye Mu Kiyaga Cya Ruhondo bagiye kuroba umwe ahasiga ubuzima

Abagabo bane bagiye kuroba mu kiyaga cya Ruhondo ku ruhande rw’Akarere ka Burera bararohama umwe arapfa. Ni ikiyaga gituranye n’icya Ruhondo, bikaba ibiyaga bibiri bita ‘impanga’ kubera ko...
30 August 2023 Yasuwe: 551 0

Ruhango haravugwa umurambo w’umugore watoraguwe mu Cyuzi

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango,bavuga ko basanze umurambo w’umugore utabashije kumenyekana mu cyuzi cyuhira umuceri.
30 August 2023 Yasuwe: 434 0

Perezida Kagame yazamuye mu mapeti abasirikare abandi abaha imirimo mishya

Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Paul Kagame, yazamuye mu ntera abasirikare bari bafite ipeti rya Lieutenant Colonel abaha ipeti rya Colonel, Abajenerali abaha...
30 August 2023 Yasuwe: 1070 0

Urutonde rw’Abayobozi bamaze kuzira Dosiye y’abakono

Ku itariki ya 9 Nyakanga 2023, nibwo mu Murenge wa Kinigi havuzwe guterana kw’abitwa ubwoko bw’Abakono, bimika umutware wabo mu birori by’akataraboneka byagaragaye ko byiteguwe kandi birimo abakomeye.
29 August 2023 Yasuwe: 9271 0

Ituri: CODECO yishe Abantu 14 ibasanze mu rusengero basenga

Kuri iki Cyumweru gishize, byibuze abantu 14 biciwe mu Ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Congo, nyuma y’uko umutwe witwara gisirikare ugabiye igitero ku bantu bari barimo gusenga mu rusengero,...
29 August 2023 Yasuwe: 327 0

Putin utaritabiriye Brics yatangaje ko n’inama ya G20 atazayitabira

Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yabwiye kuri telefone Minisitiri w’intebe w’Ubuhinde Narendra Modi ko atazitabira inama y’itsinda ry’ibihugu 20 bikize cyane ku isi rya G20.
29 August 2023 Yasuwe: 590 0

Polonye n’Ibihugu baturanye basabye Biyerorusiya kwirukana abarwanyi ba Wagner

Polonye n’ibihugu byo mu karere iherereyemo kuri uyu wa mbere basabye Biyerorusiya kwirukana abacancuro b’abarusiya bo mu mutwe Wagner, bacumbitse muri icyo gihugu nyuma y’uko bananiwe guhungabanya...
28 August 2023 Yasuwe: 1431 0

Musanze FC yakirije intsinzi Guverineri mushya w’Amajyaruguru ayizeza kuyishyigikira

Guverineri Mushya w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, yaryohewe n’intsinzi y’ikipe ya Musanze FC, nyuma y’uko itsinze iya Bugesera 1-0, mu mukino wabereye kuri sitade Ubworoherane...
28 August 2023 Yasuwe: 668 0