Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden akomeje kugaragazwa nk’umuntu watakarijwe icyizere mu ishyaka rye ry’aba-democrates, mu gihe yiteguye guhatanira manda ya kabiri mu matora...
Abanya-Cuba 17 batawe muri yombi bakurikiranyweho gucuruza urubyiruko rw’Abanya-Cuba, rwoherezwaga kurwanira u Burusiya mu ntambara ihanganishije iki Gihugu na Ukraine.
Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) ziremeza ko u Bushinwa buri kugerageza gukoresha ingabo zayo ndetse n’abandi basezerewe mu gisirikare cyayo kugira ngo babufashe ku ziba icyuho bufite mu rwego...