skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Libya: Ubufasha bw’Amahanga mu gutabara abapfuye bukwiye kwiyongera

Niba waramaze kwiyunga ku bakomeje guha igihugu cya Libya ubutabazi, icyo wamenya n’uko amakuru agezweho ari impuruza ku bandi bifuza gutabara iki gihugu kiri mu kaga cyatewe n’imyuzure iheruka...
14 September 2023 Yasuwe: 424 0

RDC: Jean-Marc Kabund wiyamamariza kuba Perezida yakatiwe Imyaka 7 y’Igifungo

Urukiko rukuru rwa Repuburika ya demokarasi ya Kongo rwahanishije kandida perezida Jean-Marc Kabund, imyaka irindwi y’igifungo ku byaha 12, harimo gukwirakwiza ibihuha no gutuka umukuru w’igihugu.
14 September 2023 Yasuwe: 318 0

Imfungwa idasanzwe yakatiwe burundu igatoroka gereza muri Amerika yafashwe n’imbwa

Imbwa y’impigi y’abashinzwe umutekano yafashe umugabo wahigwaga arimo kugenda akurura inda mu bihuru, ibyumweru bibiri nyuma y’uko atorotse gereza yo muri leta ya Pennsylvania muri Amerika, nk’uko...
14 September 2023 Yasuwe: 1329 0

Perezida Kagame yasabye Dr. Jimmy kutazaterwa ubwoba n’abo agiye kuyobora

Ubwo yakiraga indahiro ya Dr. Jimmy Gasore wagizwe Minisitiri w’ibikorwaremezo, Perezida Kagame yamwibukije ko adakwiye kuzaterwa n’abo asanze biganjemo abakora nabi.
13 September 2023 Yasuwe: 1088 0

Sobanukirwa neza uko babara amanota y’abanyeshuri barangije P6 na O’Level

Imbonerahamwe y’imitsindire y’abana mu mashuri yisumbuye nk’uko yatangajwe na NESA, ivuga ko umwana watsinze ku manota ari hagati ya 20 na 39% yagerageje. Uwagize hagati ya 50 na 59% ngo ibyo...
13 September 2023 Yasuwe: 1034 0

Ibihugu bihuriye muri COMESA birikwiga uburyo byahuza uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga

Mu minsi iri imbere, abaturage bo mu bihugu bihuriye ku isoko rusange ry’ibihugu byo mu Burasirazuba n’Amajyepfo ya Afurika COMESA bashobora kuzajya bakoresha uruhushya rumwe rwo gutwara...
13 September 2023 Yasuwe: 496 0

Uganda: Inkongi yateye muri imwe mu mu nyubako zo ku kibuga cya Entebbe

Abashinzwe kurwanya inkongi muri Uganda bazindukiye mu kazi kenshi ko kuzimya inkongi yafashe imwe mu nyubako zo ku kibuga cy’indege cya Entebbe.
13 September 2023 Yasuwe: 307 0

Abarepubulikani barambiwe Perezida Biden kugera ubwo bifuza kumukura ku butegetsi

Umuyobozi w’inteko y’Abadepite ba Leta zunze ubumwe z’Amerika, Kevin McCarthy, yategetse ko bafungura anketi zo gukura Perezida Joe Biden ku butegetsi.
13 September 2023 Yasuwe: 546 0

Libya: Derna yashegeshwe n’imyuzure yashyinguye abapfuye mu mva rusange

Imirambo yakuwe mu myuzure wakumunzuye ibice bimwe by’umujyi uri ku cyambu cy’umugi wa Derna mu burasirazuba bwa Libya, yashyinguwe mu mva rusange.
13 September 2023 Yasuwe: 437 0

Libya yitegura kwakira Rayon Sports iravugwamo imyuzure yahitanye Abantu 3000

Ubuyobozi muru Libya bwatangaje ko bamaze gutakaza abantu babarirwa mu 3000, abandi benshi nabo baracyashakishwa munsi y’itaka n’ibikuta byabagwiriye.
12 September 2023 Yasuwe: 604 0