Kuri u yu wa Mbere, muri Teritwari ya Masisi haramukiye imirwano yongeye guhanganisha inyeshyamba za M23 n’umutwe w’inyeshyamba za Nyatura bivugwa ko ukorana na leta ya RDC.
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda mu mpera z’icyumweru yatangaje ko igitero cy’indege z’igisirikare cy’igihugu cye, zahitanye bamwe mu bakuru b’abarwanyi ba leta ya Kiyisilamu harimo n’uwateze...
Hamisu Danjibga wahoze ari umunyamakuru ukunzwe kuri Radio ya Nijeriya yasanzwe yapfiriye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’intara ya Zamfara nyuma y’iminsi 3 aburiwe irengero.
Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Col Mamadi Doumbouya, yagaragaje impamvu bikwiye kuba ngombwa ko Igisirikare cyivanga muri Politiki ubwo yagezaga ijambo ku nteko rusange ya 78 y’Umuryango...
ku gicaminsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 21 Nzeri 2023, ku isaaha ya sasita z’amanywa haguye imvura nyinshi ivanze n’urubura ihitana umuntu umwe yangiza byinshi birimo imyaka y’abaturage.
Ubuyobozi bwa sosiyete sivile ya teritware ya Nyiragongo mu ntara ya Kivu ya ruguru burasaba ingabo za Kongo FARDC kongera imbaraga mu kurinda umupaka iki gihugu gihana n’abaturanyi b’u Rwanda.