Ihuriro ry’Imiryango idaharanira inyungu za politike muri Republika ya Demokrasi ya Kongo riri gusaba Dogiteri Denis Mukwege kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu.
Muri Libiya abasenyewe n’imyuzure mu cyumweru gishize mu mujyi wa Derna uri mu burasirazuba bw’igihugu bari mu rungabangabo bibaza niba bakwiriye kuva aho bari batuye ubu badafie amazi yo...
Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) rivuga ko ryishimira impinduka ziri kugaragara mu mikorere ya Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu Nteko...