Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bikoresha abana mu gisirikare, ibyatumye zigabanya ubufatanye mu bya gisirikare ibihugu byombi bisanzwe bifitanye.
Pologne, imwe mu nshuti zikomeye za Ukraine, yatangaje ko itazongera guha intwaro icyo gihugu, mu gihe ubushyamirane mu bya diplomasi bushingiye ku binyampeke bwafashe indi ntera.
Kuvumburwa kw’amabango y’urubaho rwa cyera cyane ahagana ku nkombe z’umugezi wo muri Zambia byahinduye ibitekerezo by’inzobere ku bisigaramatongo ku buzima bw’abantu ba cyera.
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko nta ruhare uwo yasimbuye ku butegetsi, Joseph Kabila, yagize ngo atsinde amatora y’Umukuru w’Igihugu mu mwaka w’2018.
Mu kiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba muri Amerika mbere yo kujya ku ruhimbi rw’Umuryango w’Abibumbye, yabanje gutanga ibisobanuro ku bijyanye n’intambara ya M23 mu burasirazuba bwa Repubulika...
Nyuma y’umwuzure uherutse kwibasira igihugu cya Libya ugahitana abagera ku bihumbi 20, kuri ubu ngo hari ibyago byinshi ko iki gihugu gishobora kwibasirwa n’ibyorezo bikomoka ku mwanda...