skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

RDF yashyizwe ku rutonde rw’ibihugu Amerika yagabanyirije inkunga ya gisirikare

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bikoresha abana mu gisirikare, ibyatumye zigabanya ubufatanye mu bya gisirikare ibihugu byombi bisanzwe bifitanye.
21 September 2023 Yasuwe: 2618 0

Abadepite babona RURA nk’ikigo gikura gisubira inyuma mu mikorere

Depite Mukabalisa Germaine uri mu bagize Komisiyo ishinzwe gukirikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu, PAC, yagaragaje agahinda k’abagenda na bisi muri Kigali, aho yavuze ko inzego...
21 September 2023 Yasuwe: 460 0

Pologne igiye guhagarika intwaro yahaga Ukraine kubera ibinyampeke

Pologne, imwe mu nshuti zikomeye za Ukraine, yatangaje ko itazongera guha intwaro icyo gihugu, mu gihe ubushyamirane mu bya diplomasi bushingiye ku binyampeke bwafashe indi ntera.
21 September 2023 Yasuwe: 909 0

Zambia: Havumbuwe urubaho rw’imyaka 500, ruhindura uko twatekerezaga abatubanjirije

Kuvumburwa kw’amabango y’urubaho rwa cyera cyane ahagana ku nkombe z’umugezi wo muri Zambia byahinduye ibitekerezo by’inzobere ku bisigaramatongo ku buzima bw’abantu ba cyera.
21 September 2023 Yasuwe: 946 0

EU yakuyeho inkunga yageneraga komisiyo y’amatora ya zimbabwe

Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi watangaje ko uhagaritse inkunga wageneraga komisiyo y’amatora ya Zimbabwe kubera imikorere idahwitse yayiranze mu matora y’Umukuru w’igihugu aheruka mu kwezi kwa...
20 September 2023 Yasuwe: 258 0

Tshisekedi yarahiye ahamya ko aticajwe ku butegetsi na Kabila

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko nta ruhare uwo yasimbuye ku butegetsi, Joseph Kabila, yagize ngo atsinde amatora y’Umukuru w’Igihugu mu mwaka w’2018.
20 September 2023 Yasuwe: 933 0

Burundi: Abasirikare bashyamiranye n’urubyiruko rw’Imbonerakure barafunzwe

Abasirikare b’igihugu cy’u Burundi baherutse kurwana n’urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi ruzwi nk’Imbonerakure bamaze iminsi bafungiye muri kasho ya Polisi.
20 September 2023 Yasuwe: 767 0

Gabon yabaye ihagaritswe by’agateganyo mu muryango wa Commonwealth

Gabon yahagaritswe by’agateganyo mu muryango uhuje ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth) nyuma y’aho agatsiko k’abasirikare bakuru gahiritse ubutegetsi bwa Ali Bongo.
20 September 2023 Yasuwe: 260 0

Tshisekedi yashimangiye kutazigera aganira na M23 yemeza ko ubu FARDC ikomeye

Mu kiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba muri Amerika mbere yo kujya ku ruhimbi rw’Umuryango w’Abibumbye, yabanje gutanga ibisobanuro ku bijyanye n’intambara ya M23 mu burasirazuba bwa Repubulika...
20 September 2023 Yasuwe: 689 0

Libya: Umwuzure wahitanye imbaga ushobora gukurikirwa n’ibyorezo

Nyuma y’umwuzure uherutse kwibasira igihugu cya Libya ugahitana abagera ku bihumbi 20, kuri ubu ngo hari ibyago byinshi ko iki gihugu gishobora kwibasirwa n’ibyorezo bikomoka ku mwanda...
20 September 2023 Yasuwe: 304 0