Colonel Mike Mikombe ushinzwe ingabo zirinda umukuru w’igihugu ziri mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko abaturage ingabo ze ziherutse kurasa bagiye mu...
Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa mbere yibutse ku nshuro ya 22 ibitero by’iterabwoba yagabweho taliki ya 11 z’ukwezi kwa cyenda 2001 bigahitana abantu hafi 3000.
Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi ryavuze ko Perezida wa Koreya ya ruguru Jim Jong Un yafashe gari ya moshi imujyanye mu Burusiya kuganira na mugenzi we Vladmin Putin.
Ku munsi wejo hashize tariki ya 10 Nzeri, mu Ntara ya Haut-Uele, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zakozanyijeho n’ingabo za Sudani y’Epfo.
Ubwo yasubizaga ikibazo yari abajijwe n’umunyamakuru i Hanoi mu Murwa mukuru wa Vietnam, mu buryo butunguranye, Umunyamabanga ushinzwe itangazamakuru muri Perezidansi y’Amerika yambuye Joe Biden...