skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Bunia :Umwana w’imyaka 9 yahohotewe akurwamo amaso akekwamo amashitani

Imiryango yigenga iharanira uburenganzira bw’Umugore muri Ituri , kuri uyu wambere tariki ya 11 Nzeri 2023 yasabye ubutabera gufatira ibihano bikwiye abagize uruhare mu rugomo rwakorewe umwana...
12 September 2023 Yasuwe: 1072 1

Zimbabwe: Bazamuye uburakari nyuma yuko Perezida agize umuhungu we Ministre

Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yashinjwe icyenewabo kubera gushyira umuhungu we mu bagize guverinoma nshya, nyuma yuko yongeye gutorwa nka Perezida mu kwezi gushize, mu matora yateje impaka.
12 September 2023 Yasuwe: 1239 0

Colonel Mike Mikombe yise abaturage yarashe i Goma ibyitso bya M23

Colonel Mike Mikombe ushinzwe ingabo zirinda umukuru w’igihugu ziri mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko abaturage ingabo ze ziherutse kurasa bagiye mu...
12 September 2023 Yasuwe: 925 0

Ku Nshuro ya 22, Amerika yibutse ibitero by’Iterabwoba byagabwe ku miturirwa byisasira imbaga

Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa mbere yibutse ku nshuro ya 22 ibitero by’iterabwoba yagabweho taliki ya 11 z’ukwezi kwa cyenda 2001 bigahitana abantu hafi 3000.
12 September 2023 Yasuwe: 271 0

Kim Jong Un yageze mu Burusiya ari muri gariyamoshi ye gusura Putin

Perezida Kim Jong Un wa Koreya Ruguru yambutse umupaka yinjira mu Burusiya aho agiye gusura mugenzi we Vladimir Putin.
12 September 2023 Yasuwe: 789 0

Nijeriya: Abantu bagera kuri 24 baguye mu mpanuka y’Ubwato

Amakuru ava muri Nijeriya yemeza ko ababarirwa muri 24 aribo bimaze kumenyekana ko bapfuye,abandi bake baburirwa irengero.
11 September 2023 Yasuwe: 244 0

Perezida Jong Un Mu Rugendo Ajya Mu Burusiya Nyuma Yo Kwamaganwa N’America

Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi ryavuze ko Perezida wa Koreya ya ruguru Jim Jong Un yafashe gari ya moshi imujyanye mu Burusiya kuganira na mugenzi we Vladmin Putin.
11 September 2023 Yasuwe: 1440 0

FARDC n’Abasirikare ba Sudani y’Epfo bakozanyijeho ku mupaka muri Haut-Uele

Ku munsi wejo hashize tariki ya 10 Nzeri, mu Ntara ya Haut-Uele, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zakozanyijeho n’ingabo za Sudani y’Epfo.
11 September 2023 Yasuwe: 1473 0

Igitero Ukraine yahize kwigaranzuramo Uburusiya nyuma y’iminsi 30 nti kizaba kigishoboka

Umugaba mukuru w’ingabo z’Amerika avuga ko Ukraine ifite iminsi 30 irengaho gato mbere yuko ikirere gikoma mu nkokora igitero cyayo cyo kwigaranzura Uburusiya mu bice bwafashe by’icyo gihugu.
11 September 2023 Yasuwe: 2068 0

Perezida Biden yaciwe mu Ijambo ubwo yasubizaga Abanyamakuru

Ubwo yasubizaga ikibazo yari abajijwe n’umunyamakuru i Hanoi mu Murwa mukuru wa Vietnam, mu buryo butunguranye, Umunyamabanga ushinzwe itangazamakuru muri Perezidansi y’Amerika yambuye Joe Biden...
11 September 2023 Yasuwe: 1321 0