Umuyobozi wa politike w’umutwe wa M23 Bertrand Bisimwa, yahamagariye leta ya Kinshasa , kuyoboka inzira y’ ibiganiro aho guhugira mu kongera umubare w’abasirikare mu duce tugenzurwa n’ingabo z EAC...
Perezida Paulo Kagame yatanze imirimo muri Guverinoma, aho yagize Gen (Rtd) James Kabarere uherutse koherezwa mu kiruhuko cy’izabukuru Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri...
Umucamanza muri Leta ya New York yanzuye ko Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika yamaze imyaka akora uburiganya mu gihe yakoraga ubucuruzi bw’amazu bwamufashije kuba ikimenywabose kugeza...
Abafite amavuriro y’ibanze azwi nka Poste de Sante hirya no hino mu gihugu, baravuga ko bakomerewe n’ikibazo cyo kutishyurirwa igihe n’Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 27 Nzeri 2023, nibwo mu Murenge wa Kaniga, mu Karere ka Gicumbi inkuba yakubise abantu 7, umwe ahita apfa.