Umusirikare wa DR Congo w’ipeti rya Colonel yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56 bari biteguye kwigaragambya...
Mu muhango wo kwibuka no gushyira indabo kumva ya Brigadier Pierio Okoya n’umugore Mama Anna Okoya bapfuye mu 1970 bazize Politiki, umukuru w’igihugu cya Uganda yatangaje ko bagomba kubaka ishuri...
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko ingabo za FARDC zashatse kwigarurira isunzu ry’imisozi ya Kanyamahoro hafi y’i Kibumba zigaba igitero ku barwanyi na M23.
Imbere y’akanama ka LONI gashinzwe umutekano ibihugu by’u Rwanda na Kongo byongeye kwitana ba mwana ku kuba intandaro y’ibibazo by’umutekano muke mu burasirazuba bwa Kongo.
Umufasha wa Ali Bongo aherutse kuvanwa ku butegetsi bwa Gabon yashinjwe ibyaha bitandukanye birimo no kunyereza amafaranga ya reta no gukoresha amafaranga yabonye mu buryo bunyuranije n’amategeko...