Donald Trump arifuza kuyobora Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika by’agateganyo kugeza igihe abagize ishyaka ry’aba-républicain baba bemeje umuyobozi mushya.
Bamwe mu baturage b’Akagari ka Nyamirembe Umurenge wa Gatunda, bavuga ko amashusho y’urukozasoni yerekanwa mu nzu zihishe zikora nk’utubari arimo kubasenyera ingo no gushora urubyiruko rwabo mu...
Mu mwaka utaha mu Mujyi wa Kigali hazatangira gukoreshwa ikoranabuhanga rifasha mu micungire y’ingendo zo mu mihanda rigatanga amakuru atuma hafatwa ingamba zifasha guhangana n’umubyigano...
Ubwo yari mu nama n’abanyamuryango b’ishyaka rye ry’aba ‘Conservateur’ yashimangiye ko Abongereza batagomba gutwarwa n’ubuyobe bw’ababigisha ko umuntu ashobora kuba igitsina icyo ari cyo cyose.
Jon Fosse, umwanditsi w’ikinamico w’umunya Noruveje niwe wegukanye igihembo cyitiriwe Nobel cy’uyu mwaka mu cyiciro cy’ubuvanganzo n’ubwanditsi cyatanzwe kuri uyu wa kane. Bwana Fosse ni umwe mu...
Nyuma y’amezi hafi atatu umukinnyi w’igihangange mu mupira w’amaguru Lionel Messi atangiye gukinira ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, amaze kuzana impinduka muri shampiyona...