Ikigo gikora ubushakashatsi ku ndwara ya kanseri kikanatanga amahugurwa ku ndwara zijyanye n’urwungano ngogozi (IRCAD) kimaze gufungura ishami ryacyo mu mujyi wa Kigali.
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie, yemeye rwose ko abantu nibashaka kuzana The Ben ngo bahanganire ku rubyiniriro, ko yiteguye kuzamucishaho akanyafu nta bwoba afite.
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko hari amahanga ari gutanga abakandida ngo baziyamamarire umwanya wo kuyobora iki gihugu.
Muri teritwari ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) hazindukiye ibitero by’intwaro ziremereye.
Mu Karere ka Rutsiro umurenge wa Kivumu abakobwa bageze mu gihe cyo gushaka abagabo barahangayitse nyuma y’uko bamwe mu abasore bemera kubashaka aruko bisabye ikiguzi.
Imiryango isaga 200 ubu iri mu kaga gakomeye nyuma yo gusenyerwa amazu n’imvura ikomeye yaguye idakuraho mu minsi itatu ikibasira canter ya Kwamouth (Mai-Ndombe).