Guverinoma y’Igisirikare cya Mali yavuze ko ingendo z’indege za kompanyi y’Abafaransa, Air France, zerekeza muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba zizakomeza guhagarikwa kugeza igihe isuzuma...
Kenya yavuze ko igiye guhagarika amasezerano y’imyka itandatu yari yarasinyiye abaganga 100 bakomoka muri Cuba ngo bakorere ubuvuzi mu bitaro bitandukanye mu gihugu.
Umuhanzi Ayodeji Ibrahim Balogun wamenyekanye mu muziki nka Wizkid, ukorera muzika ye mu gihugu cya Nigeria, kuri ubu yageze i Lagos mu muhango wo gushyingura Mama we uzwi nka Jane Dolapo Balogun...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi mu bihe bitandukanye yararahiye arirenga ko atazigera agirana ibiganiro n’umutwe wa M23.
Brigadier Général Brice Oligui Nguema wahiritse ubutegetsi bwa Ali Bongo Ondimba muri Gabo, ategerejwe mu murwa mukuru wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Kinshasa.
Amakuru aturuka muri Rutshuru aravuga ko kuri uyu wa gatatu habyukiye imirwano hagati ya M23 na FARDC/Wazalendo, aho izi nyeshyamba zishyigikiye leta zazindutse zishaka kwirukana M23 mu birindiro...